Ubushakashatsi na raporo

Ibikorwa UNICEF ikora biba bishingiye ku makuru yizewe, ubushakashatsi bukomeye ndetse n’isesengura rikozwe neza

Boy student in Rwanda classroom writes in book

UNICEF isaba ko wajya ku kicaro cyayo kugira ngo wibonere amakuru yizewe kandi yuzuye yavuye mu bushakashatsi n’isesengura ryakozwe rirebana n’abana n’abagore.

Gahunda, ubukangurambaga n’indi mishanga biba bishingiye ku makuru y’ukuri kugira ngo ibikorwa bibashe guhindura ubuzima bw’abana n’abagore mu gihe kirekire.

Isomere kugira ngo wirebere uburyo bikorwa kandi wareba urutonde rw’ubushakashatsi bwo hirya no hino ku isi bwashyizwe ahagaragara.

Soma raporo zacu n’inyandiko twatangaje mu Rwanda wirebere ukuntu amakuru yizewe ashobora kuzana impinduka.

Inyandiko za vuba zashyizwe ahagaragara