Ibitekerezo ku ngamba z’ubuzima rusange zijyanye n’inzego z’uburezi muri ibi bihe bya COVID-19

Umugereka wunganira urwandiko rwabanje ku bitekerezo mu guhindura ubuzima rusange no gufata ingamba zerekeranye n'imibereho muri ibi bihe bya COVID-19

Ibikubiyemo

Ibihugu byo hirya no hino ku isi byafashe ingamba z’ubuzima rusange n’imibereho myiza y’abaturage (PHSM mu magambo ahinye y’icyongereza), harimo no gufunga amashuri, mu rwego rwo gukumira ikwirakwizwa rya virusi ya SARS-CoV-2, itera COVID-19. Uyu Mugereka urasuzuma ibitekerezo byatanzwe ku byerekeye imikorere y’amashuri, harimo kuyafungura, kuyafunga no kongera kuyafungura n’ingamba zaherekeza ibyo bikorwa kugirango hagabanuke ingaruka kubanyeshuri n'abakozi ba COVID-19.

Uyu mugereka uribanda ku miterere y’uburezi by’umwihariko ku bana bari munsi y’imyaka 18 kandi ikagaragaza amahame rusange n’ibyifuzo by’ingenzi bishobora kugereranywa n’amashuri ndetse no zindi mubice byihariye bijyanye n’ishuri, nk’ibikorwa bidasanzwe.

Cover-public-health-measures-schools-COVID-19-KINY
Umwanditsi
WHO, UNICEF, UNESCO
Itariki y'inyandiko
Indimi
Icyongereza, Ikinyarwanda