Paji
Gira uruhare
Hashize imyaka irenga 70 UNICEF iri ku isonga mu guharanira uburenganzira bw’umwana. Dutere ingabo mu bitugu kugira ngo tugire icyo duhindura ku buzima bw’abana b’u Rwanda.
- Biraboneka:
- English
- Kinyarwanda
Tubere umuterankunga
Buri mwana wese agomba guhabwa amahirwe angana mu buzima. Inkunga yawe ishobora gufasha UNICEF kugira icyo ihindura ku buzima bw’abana b’u Rwanda n’abo ku isi yose.

Rangurura ijwi uvuge!
Ijwi ryawe rihuze n’ayacu maze tugire icyo duhindura. Reba inkuru ku rubuga rwacu cyangwa ku mbuga nkoranyambaga zacu hanyuma ubigeze ku ncuti zawe.
Gukorera UNICEF

Gerageza amahirwe yawe muri iyi myanya y’akazi, ube umwe muri twe haba mu Rwanda no mu mahanga.
Menya uburenganzira bw’umwana
Amasezerano y’Umuryango w’Abibumbye avuga ku burenganzira bw’umwana ni amasezerano akomeye ku bihugu byiyemeje kurengera uburenganzira bw’umwana.
Ayo masezerano asobanura umwana uwo ari we, uburenganzira bwe n’inshingano za Leta. Ingingo zigize uburenganzira bw’umwana zifite aho zihurira kandi zose zifite akamaro kamwe kandi nta wemerewe kuvutsa abana uburenganzira bwabo.