Imyanya y’akazi n’amasoko
Murashaka kuza gusafatanya natwe urugendo rwo gusigasira ubuzima bwa buri mwana? Wareba imyanya y’akazi twifuza gutanga muri UNICEF Rwanda!

- Biraboneka:
- English
- Kinyarwanda
Ngwino muri UNICEF Rwanda

Hashize imyaka 70, UNICEF ikorera mu bihugu n’intara 190 iharanira kurokora ubuzima bw’abana, kubarinda no kwita ku iterambere ryabo. Dukorera buri mwana, aho ari ho hose, buri munsi, duharanira ko isi irushaho kuba nziza ku neza ya buri wese, kandi ntituzatezuka kuri izo nshingano zacu.
UNICEF iharanira ko buri wese agira amahirwe angana yo kubona akazi muri politiki yayo y’umurimo, mu mikorere no mu nzira zinyurwamo kugira ngo umuntu abone akazi. Ngwino muri twe, udufashe guhanga udushya dutuma turushaho kwita ku bana mu Rwanda.
Hari imyanya y’akazi kugira ngo uze muri twe
Nta imyanya dufite.