Search form
UNICEF yita ku bana b'abanyarwanda n'imiryango bari mu bibazo kurusha abandi, kugira ngo bahabwe serivisi rusange.
Amazi meza, ubwiherero bufite ibyangombwa by’ibanze, n’umuco wo kugira isuku ni ibintu by’ingenzi mu mibereho n’imikurire y’abana.
Guhohoterwa, kutitabwaho no guhutazwa bigira ingaruka mbi ku bana haba mu ngo, mu mashuri, n'ahandi baba hose hatuma babaho bat
UNICEF irwana no gusigasira ubuzima bwa buri mwana mu Rwanda akaba yuje ubuzima, ameze neza kandi budafite agakoko gaterwa na SIDA.
UNICEF yita cyane ku minsi 1,000 yambere y’ingenzi y’ubuzima bw’umwana iharanira imirire myiza ya buri mwana mu Rwanda.
Buri mwana, aho yaba ari hose cyangwa ibibazo yaba afite, afite uburenganzira bwo guhabwa uburezi bufite ireme.
Buri mwana wese akwiriye intangiriro nziza cyane y’ubuzima n’amahirwe yo gukura uko bikwiye.
UNICEF yita ku bana bakeneye ubufasha n’abari mu kaga kurusha abandi mu Rwanda