Isuzuma ry’ibanze rya gahunda igamije “Guteza Imbere Abakozi mu Rwanda”

Kwifashisha imbaraga za gahunda zikomatanije z’imirire n’imikurire y’abana bato

Three children at a UNICEF supported early childhood development centre sip porridge for breakfast.
UNICEF/UN0302670/Muellenmeister

Ibikubiyemo

Mu Rwanda abana bakabakaba 800,000 bari munsi y’imyaka 5 baragwingiye. Uyu mubare munini w’abana bagwingiye ni imbogamizi mu iterembere ry’abakozi. Byongeye kandi, hafi kimwe cya gatatu cy’abana mu Rwanda ntabwo babasha gukura ngo bagere ku rugero bakagezeho kandi abana 6 ku 10 ni bo bari gukura neza.

Gahunda y’ “Iterambere ry’Abakozi mu Rwanda” ni gahunda y’imyaka ine iterwa inkunga n’Ambasade y’Ubwami bw’Ubuholandi, yatangiye gushyirwa mubikorwa guhera 2017 kugeza muri 2020 ku bufatanye na Leta y’u Rwanda. Iyi gahunda iri gukorera mu turere 14 kuri 30, igamije kugabanya igwingira no guteza imbere uburere mbonezamikurire y’abana bato.

Ubushakashatsi bw’ibanze bwatanze amakuru arebana n’abana n’ubuzima bw’ababyeyi, uko imirire y’umwana ihagaze, iuku n’isukura, gahunda mbonezamikurire y’abana bato (ECD) n’ubudehe mu turere turindwi kuri 14 tuzakorerwamo.

EKN Baseline Cover 2020
Umwanditsi
UNICEF Rwanda; Inshuti mu Buzima
Itariki y'inyandiko
Indimi
Icyongereza