27 Werurwe 2020

Kwifashisha ubugeni mu gukangura imyigire

RWANDA , – Ese ushobora kwibuka icyumba k’ishuri wigiyemo bwa mbere? Wenda ku bikuta by’icyumba k’ishuri hari inyamaswa zishushanyije cyangwa ingombajwi, inyajwi n’imibare bishushanyije mu mabara atandukanye. Mwalimu wawe ashobra kuba yarifashishije igihangano kiza k’umunyabugeni cyangwa ifoto akayimanika ku rukut...
27 Gashyantare 2020

Amasomo kuri Ebola agenewe abarezi n’abana bato barera

NDERA, mu Rwanda, – Ku birometero bigera kuri 15 uvuye mu Mujyi wa Kigali, itsinda rivuye muri Global Humanitarian and Developent Foundation (GHDF) rigeze mu mutima wa Ndera hejuru mu muhanda w’ivumbi, bazamuka akanunga gashinze nk’umusozi. Aho berekeje: Gikomero – umudugudu muto mu nkengero z’Umujyi wa Kigali. Gikomero ni kamwe mu turere twatoranyijwe mu…
21 Gashyantare 2020

Gusesengura ikibazo cy’ubushobozi buke muri porogarame yo “Kongerera ubushobozi abakozi mu Rwanda”

Mu Rwanda, abana bagera ku 800,000 bari munsi y’imyaka 5 bafite ikibazo cy’igwingira. Uyu mubare w’abana bagwingiye uri hejuru, ibi bikazaba imbogamizi izatuma igihugu kitabona abakozi bashoboye. Ikindi ni uko hafi kimwe cya gatatu cy’abana mu Rwanda batagera ku nzozi zabo naho abana 6 ku 10 bari mu nzira nziza ig...
21 Gashyantare 2020

Isuzuma ry’ibanze rya gahunda igamije “Guteza Imbere Abakozi mu Rwanda”

Mu Rwanda abana bakabakaba 800,000 bari munsi y’imyaka 5 baragwingiye. Uyu mubare munini w’abana bagwingiye ni imbogamizi mu iterembere ry’abakozi. Byongeye kandi, hafi kimwe cya gatatu cy’abana mu Rwanda ntabwo babasha gukura ngo bagere ku rugero bakagezeho kandi abana 6 ku 10 ni bo bari gukura neza. Gahunda y’ “...
01 Nzeri 2019

Ni ubwa mbere David yahagurutse mu buzima bwe

RUTSIRO, mu Rwanda –, Wagira ngo bari batoranyije ibara ry’icyatsi kibisi bashyize ku mipira idoze mu budodo bari bambaye kugira ngo ise n’ibara ry’imirima y’icyayi yari ikikije iryo rerero. Abo bana bari bafite imbaraga kandi bataruhuka basimbuka hejuru bamanuka hasi, bafite ubushake bwo gucakira agakarito k’amat...
09 Kanama 2019

Igihe kirageze: Abikorera barasabwa gushyigikira politike ziteza imbere umuryango n’ahakorerwa akazi

KIGALI, mu Rwanda, – Hafi 87% by’ababyeyi b’u Rwanda bonsa abana babo mu gihe cy’amezi atandatu ya mbere y’ubuzima bwabo nta mfashabere. Uko umwana arushaho gukura ni ko yonswa gake cyangwa agahabwa indyo yuzuye. 64% by’abana bo mu Rwanda ni bo bahabwa imfashabere nyuma y’amezi atandatu, naho 18% by’abana bari mun...
12 Nyakanga 2019

UNICEF, Leta y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bafunguye ku mugaragaro ikigo mbonezamikurire cya mbere kiri mu isoko

RUSIZI, mu Rwanda, – UNICEF n’umuryango wita ku iterambere ry’abaturage (ADEPE) bubatse ikigo gishya mbonezamikurire y’abana bato (ECD) mu karere ka Rusizi hafi y’isoko rya Kamembe. Iki kigo cyakira abana 120 bafite kugeza ku myaka itandatu kizafungurwa ku mugaragaro na Leta y’u Rwanda, UNICEF na ADEPE. Ababyeyi bikorera kandi bafite amikoro make bakunze guhura n’…
21 Gicurasi 2019

Twabonanye n’umwe mubagore b’uRwanda bari kwiyubakira ejo hazaza h’igihugu cyabo

BUGESERA, mu Rwanda, - Yuje ijabo n’akanyabugabo muri bagenzi be bakorana umwuga w’ubwubatsi, Donata, aritegereza abakozi be bari kubakisha sima. Ntabwo akunze kuvuga, ariko iyo umwitegereje ubona ariwe nyirigikorwa kirikuzamuka. Aritegereza uko imirimo iri gukorwa acecetse, abandi bafundi barikuzenguruka iruhande...
21 Gashyantare 2019

Umuryango w’Abayisiramu mu Rwanda watangije gahunda mbonezamikorere y’abana bato

RUBAVU, Rwanda, – Abana bari munsi y’imyaka 6 baba bari mu gihe cy’ingenzi mu byerekeye imikurire y’ubwenge, mbonezamubano, amarangamutima ndetse no ku mubiri. Ibyo dushoboye ni byo tudashoboye gukorera abana mu buto bwabo bishobora kubagiraho ingaruka nziza cyangwa mbi ku buzima bwabo bwose. Nyuma yo gusobanukirw...
20 Gashyantare 2019

Abashinga ibigo mbonezamikurire y’abana bato bariyongera

RUTSIRO, Rwanda –, Abana bato bicaye ku musozi utohagiye mu ibara ry’icyatsi mu Ntara y’Iburengerazuba, uzengurutswe n’imirima y’icyayi, barararimba bakina udukino dutandukanye mu kigo mbonezamikurire gishya, bari imbere y’abarezi babo babahozaho ijisho ryuje urukundo. Mu gihe abana bahugiye ku kuganira n’incuti z...
12 Gashyantare 2019

Ibyishimo umugabo agira iyo yujuje inshingano za kibyeyi

RULINDO, Rwanda, - Jean de Dieu Uwizeye agaragaza ko akunda cyane umukobwa we ufite ibiri akaba yitwa Anita. Buri gitondo Jean ajyana Anita ku kigo mbonezamikururire y’abana bato cya UNICEF kiri mu mirima y’icyayi aho akora. Iyo Jean arigukora mu murima w’icyayi, Anita aba akina n’abandi bana abifashijwemo n’abare...
07 Ukuboza 2018

Uko UNICEF ikorana n’urwego rw’abikorera mu Rwanda

Icyerekezo rusange cya UNICEF mu Rwanda ifite ku ruhare rw’urwego rw’abikorera ni uko mu mpera za 2030, urwego rw’abikorera mu Rwanda, rubifashijwemo na Leta rugomba kugira uruhare rukomeye mu gushimangira uburenganzira bw’umwana no gushoramo imari, tutibagiwe no kugira uruhare mu kugera ku ntego z’iterambere rira...