Amabwiriza agenga ingengo y’imari
Uko Leta y’uRwanda iri gushora amafaranga mu kubaka uburere bw’umwana

- Biraboneka:
- English
- Kinyarwanda
Ibikubiyemo
Aya mabwiriza arebana n’ingengo y’imari agaragaza uko Leta y’u Rwanda ikemura ibibazo mu burezi bw’abana bari munsi y’imyaka 18. Aya mabwiriza asesengura ingano ndetse n’ibigenderwaho mu mugusaranganya ingengo y’imari mu burezi ndetse hasuzumwa nuko iyatanzwe yakoreshejwe mu myaka yashize. Amabwiriza agenga ingengo y’imari agamije gutanga impine y’amakuru menshi kandi igatanga ibyifuzonama mu kurushaho gutegura neza ingengo y’imari yagenewe abana. Amakuru y’ingengo y’imari y’umwaka wa 2018/19 yavuye mu makuru y’umwimerere y’ingengo y’imari, naho ingengo y’umwaka washize, amakuru yari arimo n’ayari ashingiye ku ngengo y’imari ivuguruye.