Amabwiriza agenga ingengo y’imari

Uko Leta y’uRwanda iri gushora amafaranga mu kubaka uburere bw’umwana

A boy in primary school in Rwanda writes studiously at his desk.
UNICEF/UN0302258/Bell

Ibikubiyemo

Aya mabwiriza arebana n’ingengo y’imari agaragaza uko Leta y’u Rwanda ikemura ibibazo mu burezi bw’abana bari munsi y’imyaka 18. Aya mabwiriza asesengura ingano ndetse n’ibigenderwaho mu mugusaranganya ingengo y’imari mu burezi ndetse hasuzumwa nuko  iyatanzwe yakoreshejwe mu myaka yashize. Amabwiriza agenga ingengo y’imari agamije gutanga impine y’amakuru menshi kandi igatanga ibyifuzonama mu kurushaho gutegura neza ingengo y’imari yagenewe abana. Amakuru y’ingengo y’imari y’umwaka wa 2018/19 yavuye mu makuru y’umwimerere y’ingengo y’imari, naho ingengo y’umwaka washize, amakuru yari arimo n’ayari ashingiye ku ngengo y’imari ivuguruye.

Education Budget Brief 2019-2020 Cover
Umwanditsi
UNICEF Rwanda
Itariki y'inyandiko
Indimi
Icyongereza