Incamake ku ngengo y’imari igenewe abatishoboye
Uko Leta y’u Rwanda ishyira ingengo y’imari mu bikorwa bitagira umwana bisigaza inyuma

- Biraboneka:
- English
- Kinyarwanda
Ibikubiyemo
Inyandiko ivuga muri make ku rwego rwo kwita ku batishoboye igaragaza uko Leta y’u Rwanda ikemura ibibazo by’abana bari munsi y’imyaka 18. Iyo nyandiko isesengura uko ingengo y’imari yagenewe kwita ku batishoboye ingana n’ibice biyigize ndetse n’uko yanganaga mu myaka yashize. Iyo nyandiko ku ngengo y’imari igamije kugaragaza amakuru mu ncamake ku ngengo y’imari no kugaragaza ibyifuzo byo kongera ingengo y’imari igenewe ibikorwa byita ku bana.