Incamake ku ngengo y’imari yagenewe ubuzima n’imirire

Uko Leta y’u Rwanda ishyira ingengo y’imari mu kwita ku buzima bw’abana

9-month-old Maria Grace with her mother Umutesi Maria Chantal at a health centre in Rutsiro, Rwanda.
UNICEF/UN0309206/Mugabe

Ibikubiyemo

Iyo nyandiko y’incamake y’amakuru y’ingenzi ku ngengo y’imari yagenewe ubuzima ni imwe muri enye zisuzuma uko Leta y’u Rwanda ikemura ibibazo bijyanye n’ubuzima bw’abana bari munsi y’imyaka 18 n’ababyeyi b’abagore mu Rwanda. Iyo nyandiko igaragaza uko ingengo y’imari ingana n’ibice biyigize, ikanagaragaza  uko ingengo y’imari yakoreshwaga mu rwego rw’ubuzima mu Rwanda mu gihe cyashize yanganaga. Iyo nyandiko y’incamake ku ngengo y’imari igamije kugaragaza imirongo migari y’ingengo y’imari kandi igatanga ibyifuzo by’icyakorwa mu kuzamura ingengo y’imari igenerwa abana. Amakuru y’ingengo y’imari ya 2018/2019 aturuka mu ngengo y’imari nyirizina n’aho aturuka mu ngengo z’imari z’imyaka yashize aturuka mu ngengo z’imari zavuguruwe.

Health Budget Brief 2019-2020 cover
Umwanditsi
UNICEF Rwanda
Itariki y'inyandiko
Indimi
Icyongereza