Amabwiriza yahawe ingo mu kubaka ubwiherero

Kubaka ubwiherero bujyanye n’abari mu muryango

Two female students help build a community structure
UNICEF/UNI109997/Pirozzi

Ibikubiyemo

Akenshi ubwiherero bwubakwa mu bikoresho bidakomeye, bigoranye kubisukura hakoreshejwe amazi, bikaba bituma isazi n’utundi dukoko twidegembya bishobora gukurura indwara z’ibyorezo ziterwa n’isuku nke. Ubwiherero bwujuje ibyangombwa bugomba kugira icyobo kijyamo imyanda gifite inkuta zitwikiriwe na dale ikomeye, igisenge n’umuryango kandi bukaba bworoshye kubusukura.

Iyi nyandiko yigisha imiryango yo mu Rwanda uko bashobora kwiyubakira ubwiherero bwujuje ibyangombwa. Iyo nyandiko kandi irimo inyigisho zigisha abaturage uburyo bushya bwo kubaka dare y’ubwiherero ikomeye ikanasobanura uko bakubaka ubwiherero buciriritse n’uko babukoresha.

Latrine Guidance Cover Page
Umwanditsi
UNICEF, Leta y’u Rwanda, na Society for Family Health (SFH)
Itariki y'inyandiko
Indimi
Icyongereza

Files available for download