Jya ku butumwa bw’ingenzi
Rwanda
Aho ukanda ushakisha kuri murandasi
Current language:
Kinyarwanda
Click to select different language
English
Current language:
Kinyarwanda
UNICEF ku rwego rw’isi
Rwanda
Rushaho gusobankukirwa UNICEF
Tumenye UNICEF mu Rwanda
Imibereho y’abana mu Rwanda
Umuyobozi mukuru
Imyanya y’akazi n’amasoko
Aderesi zacu
Amakuru
ba umuterankunga
Rwanda
Ibyo Dukora
Ubushakashatsi na Raporo
Inkuru
Gira Uruhare
Search form
Search area has closed.
Search area has opened.
SHAKISHA
Funga
Search form
Fulltext search
Clear search input
Search for result
Visually hides dropdown options for search.
Show filters
Clear search input
Search for result
Max
Clear search input
Search for result
Content Topic
Uburenganzira bw’abana
English
Kinyarwanda
More resources
Visually hides dropdown options for search.
Show filters
Clear search input
Search for result
Max
Clear search input
Search for result
Icyiciro dropdown
Ijambo
(1)
Inkuru
(3)
Inkuru mu mashusho
(1)
Inyandiko
(2)
Itangazo rigenewe abanyamakuru
(2)
Paji
(2)
Ahantu dropdown
Rwanda
(11)
Ijambo
20 Ugushyingo 2020
Ijambo ry’Uhagarariye UNICEF mu Rwanda ku Munsi Mpuzamahanga w'Abana
Ku bana n’abasore mwese mu Rwanda, reka ntangire mbifuriza umunsi mwiza mpuzamahanga w’abana. Uyu ni umunsi muyo nkunda cyane mu mwaka. Ni umunsi w’ibikorwa bikorerwa abana kandi n’abana. Ni umunsi udasanzwe aho UNICEF, abana, abasore, hamwe n’abafatanyabikorwa bacu bizihiza isabukuru y’ugusinywa kw’amasezerano mpuzamahanga ku burenganzira bw’…
Paji
14 Mata 2020
Tumenye UNICEF mu Rwanda
Duharanira ko hatagira umwana usigara inyuma., Hashize imyaka irenga 30 UNICEF iharanira ko uburenganzira bw’umwana bwubahirizwa mu Rwanda. Twita cyane cyane ku bana bafite ibibazo kurusha abandi n’abatitabwaho kugira ngo bose bahabwe amahirwe yo kubaho ubuzima buzira umuze, bisanzure mu bwana bwabo kandi barindwe...
Paji
14 Mata 2020
Imibereho y’abana mu Rwanda
Imibare igaragaza ko hafi miliyoni 5.4 kuri miliyoni 11.8 z’abanyarwanda ari urubyiruko ruri munsi y’imyaka 18. Muri iyi myaka 20 ishize u Rwanda rwageze ku iterambere rishimishije dore ko rugamije kuba rwabaye igihugu kigeze ku rwego rw’ibihugu bifite ubukungu buciriritse muri 2020. Byongeye kandi, ni kimwe mu bi...
Inkuru mu mashusho
25 Ugushyingo 2019
Umunsi mpuzamahanga w’umwana mu Rwanda!
Buri mwaka, ku itariki ya 20 Ugushyingo, UNICEF yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwana, umunsi bizihiza isinywa ry’Amasezerano ku burenganzira bw’umwana. Ayo masezerano ni intambwe ikomeye kuko ni ho ibihugu byiyemeza ko bigomba kurengera uburenganzira bw’umwana. Uyu mwaka ushize byari ibihe bidasanzwe aho twibuka ...
Inkuru
25 Ugushyingo 2019
Abakiri bato baratubwirira mu kiswe TEDxKids@Nyarugenge
KIGALI, Rwanda – Tekereza umunsi abana n’urubyiruko b’ intyoza berura bagatanga ibiganiro byuzuye ubuhanga. Iyi ni TEDx – amahuriro y’ino aho abazi kuvugira mu ruhame, abashoboye n’abahanga mu guhanga udushya bahura bakageza ibyiyumviro n’ibitekerezo byabo ku bantu baba batumiwe muri uwo muhango n’abandi babikurik...
Itangazo rigenewe abanyamakuru
20 Ugushyingo 2019
Leta y’u Rwanda na UNICEF bateguye inama nkuru ya 13 y’igihugu y’abana banizihiza isabukuru y’imyaka 30 y’uburenganzira bw’umwana
KIGALI, mu Rwanda – Uyu mwaka, ku munsi mpuzamahanga w’umwana, Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Gahunda y’igihugu mbonezamikurire y’abana bato, ku bufatanye na UNICEF bateguye inama ya 13 y’igihugu y’abana. Inama nkuru y’igihugu y’abana ni urubuga ngishwanama ruhuza abana bahagarariye abandi ba...
Inkuru
01 Nzeri 2019
Ni ubwa mbere David yahagurutse mu buzima bwe
RUTSIRO, mu Rwanda – Wagira ngo bari batoranyije ibara ry’icyatsi kibisi bashyize ku mipira idoze mu budodo bari bambaye kugira ngo ise n’ibara ry’imirima y’icyayi yari ikikije iryo rerero. Abo bana bari bafite imbaraga kandi bataruhuka basimbuka hejuru bamanuka hasi, bafite ubushake bwo gucakira agakarito k’amata...
Inkuru
12 Gashyantare 2019
Ibyishimo umugabo agira iyo yujuje inshingano za kibyeyi
RULINDO, Rwanda - Jean de Dieu Uwizeye agaragaza ko akunda cyane umukobwa we ufite ibiri akaba yitwa Anita. Buri gitondo Jean ajyana Anita ku kigo mbonezamikururire y’abana bato cya UNICEF kiri mu mirima y’icyayi aho akora. Iyo Jean arigukora mu murima w’icyayi, Anita aba akina n’abandi bana abifashijwemo n’abarez...
Inyandiko
01 Gashyantare 2019
Sobanukirwa UNICEF Rwanda
UNICEF yatangiye ibikorwa byayo by’iterambere mu Rwanda muri 1986. Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ubufasha bwa UNICEF bwibanze ku gutanga ubufasha bwihutirwa, gusana n’imishinga mito. Muri 2007-2008, ibikorwa bya UNICEF mu Rwanda byarahindutse dutangira gukora imishinga minini no gushyigikira politike z’igih...
Inyandiko
09 Ugushyingo 2017
Uburenganzira bw’Abana n’Amahame y’Ubucuruzi (CRBP)
Gahunda ya UNICEF yo guteza imbere uburenganzira bw’abana n’ubucuruzi igaragaza inshingano z’ibigo by’ubucuruzi mu iyubahirizwa no gushyigikira uburenganzira bw’abana ku kazi, mu isoko no mubaturage ndetse n’ubufatanye na Leta mukurengera no kubahiriza uburenganzira bw’abana. Hari amahame icumi agenga uburenganzir...
Itangazo rigenewe abanyamakuru
29 Kanama 2017
UNICEF Rwanda yagiranye ubufatanye n’Ikigo gishinzwe kohereza hanze ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi
KIGALI, Rwanda – Abahagaririye NAEB na UNICEF bahuye uyu munsi kugira ngo bashyire umukono ku masezerano y’ingenzi y’ubufatanye. Ubu bufatanye bushya bwa NAEB na UNICEF buzashimangira uburenganzira bw’abana mu mikorere y’ubucuruzi, cyane cyane ku nganda z’icyayi. Ibi bigo byombi byiyemeje kwibanda ku byihutirwa ab...